Hashingiwe kumiterere y’ icyorezo cya covid 19 igaragazwa n’ ubwiyongere bw’ ubwandu mugihugu hose muri iyi minsi, Minisiteri ya siporo itangaje amabwiriza mashya akurikira atangira atangira kubahirizwa guhera kuwa gatandatu tariki ya 01 Mutarama 2022 akazamara iminsi 30.

 

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Ministry of sport | Rwanda.