Murwego rwo gukaza ingamba zo gukomeza gukumira ikwirakwira ry’ ubwandu bw’ icyorezo cya koronavirusi kizamuka umunsi ku munsi, turabamenyesha ko gahunda yari iteganyijwe yo guturitsa urufaya rw’ urumuri mukwizihiza isozwa ry’ umwaka no gutangira undi isubitswe mubice byose uko byari byatangajwe.

 

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: city of Kigali | Rwanda