Hashingiwe ku mabwiriza ya Minisiteri y’Ubuzima yo kwirinda Covid-19 , Ikigo Gishinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB) kiramenyesha abakigana ko service zikomeje gutangirwa kuri interineti aho bishoboka hose no kuri telefoni kuko bamwe mu bakozi ubu bari gukorera mu ngo zabo. Abashaka serivisi zitangwa imbonankubone barasabwa gusaba gahunda.