Turamenyesha ko uwitwa SINDIKUBWABO Xxx mwene Ndindabahizi na Nyiragatebwa, utuye mu Mudugudu wa Kabagendwa, Akagari ka Kamashashi, Umurenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo SINDIKUBWABO Xxx, akitwa NSHIMIYIMANA ERIC mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina ry’irigenurano rikaba riteye ipfunwe.