Polisi y’u Rwanda iratangaza ko ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga kizasubukura imirimo yacyo kuwa 07/08/2020 ariko hagasuzumwa ibyiciro by’ibinyabiziga byihariye.

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Rwanda National Police (Twitter & Website)