Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje imirongo ya telefoni buri wese ashobora guhamagaraho mu gihe yaba abonye abantu batubahiriza ingamba n’amabwiriza byo kwirinda COVID-19 bitewe n’akarere aherereyemo.

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Ministry of Local Government|Rwanda (Twitter)