Umunsi wa nyuma wo gutanga inyandiko y’ipiganwa

[wpdevart_countdown text_for_day=”Days” text_for_hour=”Hours” text_for_minut=”Minutes” text_for_second=”Seconds” countdown_end_type=”date” hide_on_mobile=”show” redirect_url=”” end_date=”21-07-2020 10:00″ start_time=”1594894012″ end_time=”0,1,1″ action_end_time=”show_text” content_position=”center” top_ditance=”10″ bottom_distance=”10″ ]Gutanga inyandiko y’ipiganwa byarangiye[/wpdevart_countdown]

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimisagara buramenyesha ba Rwiyemezamirimo, Koperative n’abantu ku giti cyabo babyifuza ko habayeho impinduka mu itangazo ryo gupiganira isoko ryo kugeramura ibikoresho by’ububatsi mu buryo bukurikira.

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Imvaho Nsya (Website & Twitter)