Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda-Mu rwego rwo gukomeza guhangana n’icyorezo cya COVID19, hateganyijwe igikorwa cyagutse cyo gupima mu tugari twose tugize Umujyi wa Kigali ku wa gatandatu tariki 17 no ku cyumweru tariki 18 Nyakanga 2021.

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Ministry of Health (Twitter)