Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima mu Rwanda (RBC)-Iramenyesha abantu bose bafite nibura imyaka 60 batarahabwa dose ya kabiri n’abatarahabwa doze n’imwe y’urukingo rwa COVID-19 kwihutira kugera ku bitaro by’uturere mu Mujyi wa Kigali kugirango baruhabwe.

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Rwanda Biomedical Centre (Twitter)