HEC Rwanda, Iri tangazo rigenewe gusa amashuri makuru yasubukuye amasomo, kugira ngo bategure ubundi buryo bwo gufasha abanyeshuri bigaga muri gahunda ya nimugoroba gukomeza kwiga hubahirizwa ingamba nshya zo kwirinda icyorezo cya COVID-19.

Aho amakuruy’itangazo yaturutse: HEC Rwanda (Twitter)