Akarere ka Ruhango, Muri iki gihe inteko z’abaturage zitagiterana kubera kwirinda ikwirakira rya COVID-19 ubuyobozi buramenyesha abaturage ko buri wa kabiri kuva 8h00 kugeza 12h00 Abayobozi b’Akarere bazajya bakira banakemure ibibazo ku murongo wa telefoni utishyurwa 4052.

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Ruhango District (Twitter)