Nyuma y’ icyemezo cyafashwe na Guverinoma y’u Rwanda, Minisiteri y’Uburezi iramenyesha abanyeshuri, abakozi b’ishuri rikuru rya RP-IPRC ishami rya Kigali ndeste n’Abaturarwanda muri rusange, ko iryo shuri rifunze by’agateganyo mu gihe cy’ibyumweru bibiri.

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Ministry of Education | Rwanda (Twitter)