Ku wa 22 Nzeri 2022 – Minisiteri y’Ubuzima irahumuriza Abaturarwanda bose ko nta Ebola iragaragara mu rwanda, ariko igashishikariza buri wese kutirara no gukaza ingamba zo kwirinda no gukumira iki cyorezo kugira ngo kitagera mu Gihugu cyacu.

Aho itangazo ryaturutse Minisiteri y’Ubuzima | Twitter