Hashingiwe ku itegeko no 14/2008 ryo ku wa 04/06/2008 rigena iyandikwa ry’abaturage n’itangwa ry’ikarita ndangamuntu ku Banyarwanda, cyane cyane ibiteganywa mu ngingo ya 11 n’iya 12, ziteganya ko gutunga no kugendana ikarita ndangamuntu ari itegeko ku munyarwanda wese wujuje imyaka 16, kandi ko ” kutagendana itarita ndangamuntu bihanwa n’amategeko”

Aho itangazo ryaturutse: NIDA Rwanda (Twitter)