Mugihe hakorwa ibishoboka byose kugira ngo abaturarwanda bose babone amashanyarazi, abatuye ahatarageragezwa amashanyarazi bafite inyota yo kuyahabwa vuba, ndetse hari n’ abagaragara mu itangazamakuru basaba kuyahabwa ngo bave mubwigunge.

Aho amakuru yitangazo yaturutse : Rwanda Energy Group |Twitter.