Minisiteri y’ uburezi irasaba abarimu n’ abayobozi b’ ibigo by’ amashuri bose bafashe urukingo codiv 19 rwa kabiri ariko bagejeje igihe cyo gufata urukingo rwa gatatu (3) rushimangira (booster), kwihutira kujya ku bigo nderabuzima bibegereye gufata urwo rukingo.

 

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Min of Education | Rwanda(Twitter).