Minisiteri y’Ubuzima iramenyesha abaturarwanda bose ko mu rwego rwo gukomeza guhangana n’icyorezo cya Covid-19, u Rwanda ruzatangira gukingira ingimbi n’abangavu bari hagati y’imyaka 12 na 18 y’amavuko mu gihugu hose.

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Ministry of health | Rwanda (Twitter).