Turamenyesha ko uwitwa MUKIZA Fils mwene Hakizimana na Mukampanzi, utuye mu Mudugudu
wa Kabeza, Akagari ka Muyaga, Umurenge wa Mamba, Akarere ka Gisagara, mu Ntara
y’Amajyepfo wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo MUKIZA
Fils, akitwa MUKIZA Jean de Dieu mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza
izina ni Izina nabatijwe.