Urwego Ngenzuramikorere (RURA) ruramenyesha abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali batabashije kubona mubazi z’ikoranabuhanga mu gihe cyari giteganyijwe ko igihe iki kigikorwa kizamara CYONGEREWE, kizakomeza kugeza tariki ya 20 Nzeri 2021.
Aho itangazo ryaturutse: Rwanda Utilities Regulatory Authority – RURA (Twitter)