Itangazo rigewe abantu bose bize indimi ,abize kwigisha mu mashuri y’inshuke n’ikiciro cy’amashuri abanza (ECLPE) ku rwego rwa A2; abize Maths-Physics n’abize Biology-Chemistry ku rwego rwa A1 bifuza akazi ko kwigisha.

Aho amakuru yaturutse:Rwanda Basic Education Board(Tweeter)