Uyu munsi kuwa Gatanu, 10/07/2020, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (Ministry of Local Government-MINALOC) yakuye muri gahunda ya Guma mu Rugo imwe mu midugudu yo mu Mujyi wa Kigali. Isigaye irakomeza iyi gahunda ya Guma mu Rugo ikazakomorerwa igihe icyorezo cya COVID-19 kizaba kitakihagaragara muri iyo midugudu.

Aho amakuru y’itangazo yarutuse: Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (Twitter)