Rwanda Food and Drugs Authority irabuza abantu guhindura umwimerere w’ubuki bupfunyitse ndetse irabuza abaguzi kutagura ubuki bwahinduriwe umwimerere ikanabashishikariza gutanga amakuru kubagurisha n’abakora ubuki buhinduriwe umwimerere.

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Rwanda Food and Drugs Authority  (Twitter)