Minisiteri y’Ubuzima-Ubuyobozi bw’ibitaro bya Kibagabaga buramenyesha ababigana ko mu rwego rwo kuborohereza kugira ngo badakora ingendo ndende mu gihe cya Guma Murugo Kigali, bizajya byohereza umuganga gukorera mu bigo nderabuzima mu buryo bukurikira:

Aho amakuru y’itangazo yaturutse: Minisiteri y’Ubuzima (Twitter)